Saturday, October 05, 2013

URWENYA


URWENYA RW’IMBORO N’IGITUBA

URWENYA RW’IGITUBA N’IMBORO
Umugabo yafashe umwana ku ngufu arangije aramubwira ati:”Ngaho genda urwanjye ruhare ndukuyeho numara gukura ntuzaba ukindeba uzaba uri uw’abakiri bato n’abafite amafaranga!”


IBIHEKANE

Umwarimu yabajije abanyeshuli be ijambo ririmo igihekane “sw”; noneho umwe muri bo wari umushumba ati :”guswera”. Abandi bakoma mu mashyi bati:”Waritoye ndagaswi!”
NINDE WAKIJIJE ABANDI?
 
Umufaransa, umunyaportugali n’umushinwa bafashwe na ba bantu barya abandi (reka tubite ba “nyamuryabantu”). Ni uko umutware w’abo ba nyamuryabantu arababwira, ati:- Imboro zanyu zose hamwe nizireshya na santimetero mirongo itanu ( 50cm ) ndabareka mwigendere.Ni uko bapima umufaransa: santimetero makumyabiri n’eshanu ( 25cm ).Bakurikizaho umunyaportugali: santimetero makumyabiri n’eshatu ( 23cm ).Hanyuma bapima n’umushinwa: santimetero ebyiri ( 2cm ) !!!Santimetero 50 ziba zirusuye, ubwo rero amasezerano aba arabakijije, bararekurwa, barataha. Bagenda ntawe uvugisha undi. Biratinda, umushinwa ageze aho ati:- Iyo ataba jyewe, tuba turiwe pe!Abandi ntibasubiza. Hashira umwanya, umushinwa bimwanga mu nda, maze arongera ati:- Iyo nza kuba ntashyutswe ubu rwose tuba dutunze ku mishito!

YARAYITORAGUYE!!!!!
Umugore ngo wakundaga gutwara abagabo b’abandi yavuye kunywa noneho ajya kwihagarika ahasanga umugabo wasinze akijya kwicara aba amwicayeho, ati:”Umva ko bamvuga ngo nkunda imboro; ubu koko n’iyi nitoraguriye barayinziza?”
ARIKO MWE MUBIKURAHE SHA?
Umusore yagiye gusaba penetensiya, nuko abwira Padiri, ati:- Padiri ndasaba imbabazi, kuko nacumuye: narasambanye!Hashira umwanya utari muto Padiri ntacyo aravuga. Mu gihe umusore yibwira ati noneho ibihano simbiva imbere, yumva Padiri aramwongoreye ati:- Ariko sha nka mwe ibituba mubikura hehe ??!!!
UMVA SHA
Kera mu Rwanda habaga ibyo bita kumviriza. Ni uko rimwe umusore ajya kumviriza. Hari nijoro rero hagwa akavura ariko katabuza uwumviriza kumva. Agezeyo asanga yatanzwe, undi yahageze, ni uko araza amwicara iruhande.Mu by’ukuri ntabwo yari umuntu waje kumviriza, ahubwo yari impyisiyari itegereje ko hagira agahene gaca ikiziriko kagasohoka ikagasama. Ubwo umusore akagira ngo ni mugenzi we waje kumviriza, impyisi nayo ikibwirako ari indi mpyisi yaje kwishakira amahaho.Biratinda, bigeze aho impyisi yumva imvura irayirembeje, amazi yuzuye mu bwoya. Igira itya irikunkumura, izunguza umutwe maze amatwi arakubitana, biravuga cyane. Umusore agirango bivugiye imbere mu nzu, arahindukira ati: Umva sha! Ya mpyisi ihita imushiha amazuru n’umunwa irirukanka.
UMWAMBARO W'URUKUNDO
Umukobwa yarashyingiwe, nuko nyirabukwe aza kumusura. Ubwo hari hakiri mu gitondo umukazana we acyambaye ubusa. Nuko nyirabukwe aramubaza ati :- Ese nyirakana, byagenze bite ko wambaye ubusa?Nuko undi aramusubiza ati:- Erega mukecuru uyu ni umwamabaro wurukundo nambaye..Ubwo umukecuru aba arikubise mu gutwi, aba aratashye, ageze mu rugo ahita ashyira utwo yari yambaye twose ku ruhande, nuko umuzehe we aje aratangara aramubaza ati:-Ese byakugendekeye bite ko wambaye ubusa?Umukecuru aramusubiza nishema ryinshi ati:- EREGA UYU NI UMWAMBARO W’URUKUNDO NAMBAYE!Nuko umusaza aramubwira ati:- Yewe uwo mwambaro wawe w´urukundo wariwo uretseko UDATEYE IPASI!!!!!!!!!!!

KO NARI NYIFASHE WOWE WARI UFASHE IKI?
Umusaza yagiye gutera urubariro hamwe n’umukecuru we, noneho burira urutara batangira gukora ibyo bifuzaga, maze bimaze kugera hagati wa musaza yaje gusunika cyane maze wa mukecuru yitura hasi, maze wa musaza amukankamira agira ati:”Ubwo urabona nk’ubu njye ko nari nyifashe wowe wari ufashe iki kugira ngo turinde tugwa!”
IKIGANIRO CY'IGITUBA N'IMBORO
Igituba n’imboro byariho biganira noneho igituba kiritsamura, imboro iti”urakire ndagukunda!” igituba kiti “ugukunda ni jye ukumira sinkurye amabya”

IMPYISI
Impyisi yishe umukecuru iramurya igeze mu maguru ikubita amaso igituba iti”bambeshyere ngo nijye umwishe,ubundi kino gikomere yari kuzagikira?”
UMUSAZA
Umusaza yari ageze igihe atagishyukwa,umugoroba umwe yicaye imbere y’amashyiga’igshura kivaho maze imboro ye ikubitwa n’ubushyuhe,arashyukwa.Umukecuru yarimo yandurura ibintu.Umusaza abonye ko umushyukwe ushobora kurangira umugore ataraza,akururira ikara munsi y’imboro arayibwira ati “UKAMANUKA UGASHYA”nuko ahamagara madamu biha akabyizi k’ijoro!