Umugabo yagiye gusaba umukobwa bigeze igihe cyo kumwerekana ngo asuhuze abakwe araza yegera sebukwe
UMUSORE : Bite muzee
UMUSAZA : Uraho sha ! Nonese uraza gusaba umukobwa wanjye ukaza utapfuna shikereti ? Nta soni koko ubwo si agasuzuguro
UMUSORE : Wangu navanagamo umwuka w’itabi
UMUSAZA : Uvuze ngo iki ? Ese burya unywa n’itabi
UMUSORE : Oya Mzee nkatumura akenshi iyo nasinze mvuye nko mu kabari
UMUSAZA : Aka ni akumiro ! Burya uranasinda ?
UMUSORE : Yego mzee.. Natangiye kunywa ubwo nari muri gereza mu myaka yashize
UMUSAZA : Ese burya waranafunzwe
UMUSORE : Yego mzee, ntuzi ko nigeze kwica umuntu
UMUSAZA : Karabaye... Burya bwose uri umwicanyi ?
UMUSORE : Oya mzee ! Gusa hari ikigoryi cy’umusaza nigeze gusaba umugeni kimunyimye mpita nkirangiza
UMUSAZA : Yooo... Urakaza neza mwana w